🚨 AMAKURU AGEZWEHO 🚨
Ishami rishinzwe ubutasi mu gisirikare cya Uganda (CMI) ryataye muri yombi abantu babiri kugira ngo babazwe ku byaha byo kunyereza umutungo Anita Among wahoze ari Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko akekwaho.
Amakuru yizewe avuga ko abatawe muri yombi bakoraga mu biro bya Among, barimo Umupolisi wari ukuriye abashinzwe umutekano we. Bafungiye i Mbuya ahakorera CMI, mu gihe iperereza rikomeje.

Comments
Post a Comment